ITANGAZO RY’AKAZI MU BITARO BY’AKARERE BYA KABUTARE
Ubuyobozi bw’Akarere ka Huye buramenyesha abakandida basabye akazi ku myanya itandukanye mu bitaro by’Akarere bya Kabutare, ko ibizamini mu buryo bw’inyandiko bizakorwa kuwa 25 – 26/05/2022, nk’uko bikubiye ku mbonerahamwe igaragara ukanze AHA.
Ibizamini bizakorerwa muri Kaminuza y'u Rwanda, ishami rya Huye.