Itangazo ku batanze dossiers isaba akazi ko kwinjira muri DASSO.

Ubuyobozi bw’Akarere buramenyesha abatanze dossiers zisaba gupiganira kwinjira mu bagize urwego rwa DASSO mu Karere, ko urutonde rw’abemerewe gukora ibizamini rumanitse ahasanzwe hamanikwa amatangazo ku Karere. Wanarubona kuri iyi website ukanze AHA, cyangwa ahanditse AKAZI