Itangazo ry’ibizamini by’akazi ku myanya itandukanye.
Ubuyobozi bw’Akarere ka Huye buramenyesha abakandida basabye akazi ku myanya itandukanye ko ibizamini byanditse bizakorwa kuva ku matariki ya 31/10 – 02/11/2022, nk’uko bikubiye mu mbonerahamwe iri mu itangazo. Ibizamini bizakorerwa muri Kaminuza y’u Rwanda, ishami rya Huye.
Itangazo riboneka ahamanika amatangazo ku Karere no kuri website y’Akarere ukanze AHA