Itangazo ry’igihe ikizamini kizabera ku batanze “dossiers” zisaba akazi muri DASSO

Ubuyobozi bw’Akarere ka Huye buramenyesha abakandida batanze dossiers zisaba kwinjira muri DASSO ko abemerewe bazakora ikizamini cyanditse kuwa 26/06/2021, saa mbiri za mu gitondo (08h00) muri Stade Huye.

Itangazo rirambuye murarisanga ahamanikwa amatangazo ku Karere. Itangazo rinaboneka kuri uru rubuga ukanze AHA.