Minisitiri w’ubuzima arakangurira Abanyarwanda kwirinda ibinyobwa bitujuje ubuziranenge.

Minisitiri w’ubuzima Dr Sabin Nsanzimana yakanguriye abantu kwirinda kunywa ibinyobwa butujuje ubuziranenge kuko bigira ingaruka mbi ku buzima bwa…

Read more →

Amanota y’abakoze ibizamini byo kwinjira muri DASSO

Ubuyobozi bw’Akarere ka Huye buramenyesha abakandida bakoze ibizamini byo kwinjira muri DASSO ko amanota yabo yasohotse.

Amanota aboneka ahasanzwe…

Read more →

Itangazo rihamagarira abantu gupiganira gucunga “Health Posts”

Ubuyobozi bw’Akarere buramenyesha abantu bose bafite ubushake kandi bujuje ibisabwa ko hifuzwa kubegurira gucunga amavuriro yo ku rwego rw’ibanze.

Ib…

Read more →

Amanota y’abakoze ipiganwa ryo gucunga “Health Posts”

Ubuyobozi bw’Akarere ka Huye buramenyesha abakoze ipiganwa ryo gucunga amavuriro y’ibanze (Health Posts) ko amanota yabo yasohotse.

Amanota aboneka…

Read more →

AMANOTA Y’IKIZAMINI CYANDITSE KU BASABYE KWINJIRA MURI “DASSO”

Ubuyobozi bw’Akarere ka Huye buramenyesha abakandida bakoze ikizamini cyanditse cyo kwinjira mu bagize urwego rwa DASSO amanota yabo yasohotse.

Amano…

Read more →

Abasabye guhindura aho bakorera (mutation) mu burezi

Ubuyobozi bw’Akarere ka Huye buramenyesha abasabye guhindurirwa ibigo  by’amashuri bakoreragaho (mutation) ko urutonde rwabo rumanitse ku biro…

Read more →

Itangazo ry’akazi ku basabye gucunga “Health Posts”

Ubuyobozi  bw’Akarere ka Huye buramenyesha abaforomo basabye uburenganzira bwo gucunga amavuriro y’ibanze (Health Posts) ko ikizamini cyanditse kizaba…

Read more →

Itangazo ku basabye akazi muri DASSO

Ubuyobozi bw’Akarere ka Huye buramyensha abakandida basabye akazi mu rwego rwa DASSO ko abemerewe bazakora ikizamini cyanditse kuwa 17/09/2021 saa…

Read more →

Itangazo ry’igihe ikizamini kizabera ku batanze “dossiers” zisaba akazi muri DASSO

Ubuyobozi bw’Akarere ka Huye buramenyesha abakandida batanze dossiers zisaba kwinjira muri DASSO ko abemerewe bazakora ikizamini cyanditse kuwa…

Read more →

Itangazo ku batanze dossiers isaba akazi ko kwinjira muri DASSO.

Ubuyobozi bw’Akarere buramenyesha abatanze dossiers zisaba gupiganira kwinjira mu bagize urwego rwa DASSO mu Karere, ko urutonde rw’abemerewe gukora…

Read more →