Minisitiri w’ubuzima Dr Sabin Nsanzimana yakanguriye abantu kwirinda kunywa ibinyobwa butujuje ubuziranenge kuko bigira ingaruka mbi ku buzima bwa…
Mu rwunge rw’amashuri rwa Butare – Indatwa n’Inlkesha (Groupe Scoalire Officiel de Butare) hakiniwe irushanwa ngarukamwaka ry’umukino w’amaboko –…
Kuwa 19 Mutarama 2023, Umuyobozi mukuru w’ikigo gishinzwe ubuhinzi n’Ubworozi (RAB) Dr Karangwa Patrick yasuye ibikorwa binyuranye mu Karere ka Huye,…
Ibyakozwe mu kwezi kwahariwe ibikorwa bya Polisi y’u Rwanda byiganjemo ibirebana n’isuku, isukura no kurwanya igwingira ry’abana mu karere ka Huye…
Abunzi bashya n’abasanzwe bakora akazi k’ubwunzi baturuka mu mirenge inyuranye yo mu karere ka Huye bahawe amagare yo kuborohereza mu murimo batorewe.
…Mu nama yaguye y'uburezi yo ku rwego rw’Akarere yahuje inzego zitandukanye zirebwa n’uburezi, hashimwe ibigo by’amashuri byitwaye neza mu bizamini bya…
Ubuyobozi bw’Akarere ka Huye buramenyesha abakozi ibizamini by’akazi (Written test) ku myanya inyuranye mu Karere ka Huye, ko hateganijwe ikizamini mu…
Ubuyobozi bw’Akarere ka Huye bufatanyije n’umubitsi w’nyandikompamo z’ubutaka ku rwego rw’Intara y'Amajyepfo buramenyesha abatuye Akarere ka Huye…
Ubuyobozi bw’Akarere ka Huye buramenyesha abakandida basabye akazi ku myanya itandukanye ko ibizamini byanditse bizakorwa kuva ku matariki ya 31/10 –…