Minisitiri w’ubuzima arakangurira Abanyarwanda kwirinda ibinyobwa bitujuje ubuziranenge.

Minisitiri w’ubuzima Dr Sabin Nsanzimana yakanguriye abantu kwirinda kunywa ibinyobwa butujuje ubuziranenge kuko bigira ingaruka mbi ku buzima bwa…

Read more →

Umuyobozi wa MTN – RWANDA ashyigikira ibikorwa byo gutuza neza abo mu mudugudu wa Taba.

Kwa 21 Kamena 2023 Mapula Bodibe, Umuyobozi mukuru wa MTN Rwanda yasuye urugo rw’Impinganzima rutuyemo ababyeyi b’Intwaza, ruherereye mu mudugudu wa…

Read more →

Huye yakiriye imikino ya nyuma y’irushwa “Umurenge Kagame Cup 2023”.

Mu mpera z’icyumweru cya 24 – 25 Kamena 2023, mu Karere ka Huye habereye imikino ya nyuma y’irushanwa Umurenge Kagame cup, hakinwa imikino inyuranye…

Read more →

Kurwanya isuri no gukemura ibibazo bibangamiye abaturage byitaweho mu muganda usoza ukwezi.

Mu bikorwa byibanzweho mu muganda rusange usoza ukwezi kwa Kamena, gucukura imirwanyasuri hamwe n’ibikorwa bigamije gukemura ibibazo bibangamiye…

Read more →

JADF HUYE yakoze imurikabikorwa, Akarere gashima uruhare rwayo mu guteza imbere abatuye Akarere.

Mu muhango wo gufungura n’uwo gusoza imurikabikorwa ry’iminsi itatu ryateguwe na JADF, abarigannye bagaragarijwe ibyo abafatanyabikorwa bakorwa,…

Read more →

Hatangijwe “HINDUKA UKORE WIGIRE” – gahunda yo gufasha abaturage kwikura mu bukene.

Hashingiwe kuri politiki ya Leta yo kuvana umuturage mu bukene harimo VUP na Girinka, hashingiwe ku masezerano y’imikoranire Assoc. Mwanukundwa…

Read more →

Umurenge wa Ngoma wimukiye mu biro bishyashya, aho wakoreraga hagiye kubakwa.

Kuva kuwa 19 Kamena 2023, ubuyobozi bw’Umurenge wa Ngoma bwatangiye gutangira serivise mu nyubako nshya, muri gahunda yo gukorera heza kandi hajyanye…

Read more →

Ababyeyi beretswe ibikenewe mu kwita ku buzima bwabo no kurwanya igwingira mu bana

Mu bikorwa by’icyumweru cyahariwe kwita ku buzima bw’umwana n’umubyeyi byakozwe mu mirenge yose y’Akarere ka Huye byibanze ku bungakurambaga bwo…

Read more →

Abakuze barenga 900 bishimiye gusoza amasomo yo kwiga kwandika, gusoma no kubara.

Hamwe na DUHAMIC ADRI n’abafatanyabikorwa bayo, mu Karere ka Huye habereye umuhango wo gusoza icyiciro cyo kwigisha abakuze kwandika, gusoma no…

Read more →

Itorero rya ADEPR ryibutse abayoboke baryo bishwe muri Jenoside yakorewe Abatusi.

Mu Karere ka Huye ni ho habereye umuhango wo kwibuka ku rwego rw’Igihugu abayoboke b’Itorero rya ADEPR bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi. 

Ni…

Read more →