Minisitiri w’ubuzima arakangurira Abanyarwanda kwirinda ibinyobwa bitujuje ubuziranenge.

Minisitiri w’ubuzima Dr Sabin Nsanzimana yakanguriye abantu kwirinda kunywa ibinyobwa butujuje ubuziranenge kuko bigira ingaruka mbi ku buzima bwa…

Read more →

Huye: Abaturage basigaye barya amafi birobeye

Abaturage bo mu Karere ka Huye no mu nkengero zaho, bishimira ko kuri ubu muri aka karere basigaye babona amafi akirobwa.

Ni mu gihe bavuga ko mbere…

Read more →

Hatangijwe umushinga w’ikoranabuhanga uzafasha urubyiruko guhangana ku isoko ry’umurimo

Mu Karere ka Huye hatangirijwe gahunda ya Digital Talent Program (DTP) igamije guhugura urubyiruko mu bumenyi bw’ikoranabuhanga bukenewe ku isoko…

Read more →

Hateranye inama y’uburezi hashimirwa amashuri yitwaye neza mu bizamini bya Leta.

Hagamijwe gukomeza gushyira imbaraga mu burere n’uburezi bufite ireme butangwa mu mashuri yo mu Karere ka Huye, hateranye inama y’uburezi.  Inama…

Read more →

“Yisigara mpari”: Agashya katangijwe n’Ikibondo gakomeje kwishimirwa na benshi.

Mu rwego rwo kwishakamo ibisubizo bifasha abandi kwiteza imbere no kuva mu bibazo, abanyeshuri bo mu ishuri ribanza rya APEC Ikibondo bakomeje gahunda…

Read more →

Gishamvu: Hasorejwe urugerero rw'Inkomezabigwi ku rwego rw’Akarere ka Huye.

Mu mirenge yose igize Akarere ka Huye hasojwe urugerero rw'Inkomezabigwi icyiciro cya 12, hashimwa ibikorwa byiza byakozwe n’intore mu gihe bamaze ku…

Read more →

Mbazi: Hakorewe umuganda rusange usoza ukwezi kwa Gashyantare.

Mu midugudu yose hakozwe umuganda rusange usoza ukwezi, hitawe ku bikorwa byateganijwe n’inzego z’ibanze. Ku rwego rw’Akarere uyu muganda usoza ukwezi…

Read more →

Abajyanama b’Akarere basuye imirenge mu rwego rw‘ikurikiranabikorwa n’ubujyanama.

Haganijwe gahunda y’ikurikiranabikorwa ndetse n’ubujyanama buganisha gukomeza kubaka Akarere ka Huye gatera imbere, abajyanama mu nama Njyanama…

Read more →

PUR ikomeje ubufatanye n’umurenge wa Huye mu kwita ku cyanya cy’ubuzima.

Kaminuza y’Abaporotesitanti (PUR) ikorera mu Karere ka Huye ikomeje ibikorwa bigaragarza ubufatanye n’umurenge wa Huye muri gahunda yo kuzamura…

Read more →

Huye: Habereye inama yo kurebera hamwe ishusho y‘iterambere ry’Umuryango mu Ntara.

Mu karere ka Huye hateraniye inama yo ku rwego rw’Intara y‘Amajyepfo yahuje ihuje abayobozi n’abafatanyabikorwa batandukanye, barebera hamwe ishusho…

Read more →