Minisitiri w’ubuzima arakangurira Abanyarwanda kwirinda ibinyobwa bitujuje ubuziranenge.

Minisitiri w’ubuzima Dr Sabin Nsanzimana yakanguriye abantu kwirinda kunywa ibinyobwa butujuje ubuziranenge kuko bigira ingaruka mbi ku buzima bwa…

Read more →

Minisitiri w’Intebe yasuye Akarere ka Huye harebwa ku mishinga y’iterambere.

Mu rugendo rw’akazi rw’iminsi ibiri yagiriye mu Ntara y’Amajyepfo, Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda yasuye ibikorwa bitandukanye biri mu Karere cyane…

Read more →

Inka yahawe yabyaye izindi 10: Uko ’Girinka’ yahinduye ubuzima bwa Nyamigabo

Nyamigabo Daniel wo mu Kagari ka Bukomeye mu Murenge wa Mukura mu Karere ka Huye, avuga ko inka yahawe muri gahunda ya ‘Girinka Munyarwanda’…

Read more →

Amasomo mu mashuri yatangijwe abanyeshuri n’abarezi basabwa gukorera ku ntego.

Umwaka w’amashuri 2025 – 2026 watangijwe neza mu mashuri yose y’Akarere ka Huye. Abanyeshuri n’abarezi basabwe kuzarangwa no gukorera ku ntego yo…

Read more →

Buri wa kabiri w’icyumweru hakorwa igitondo cy’ubukangurambaga ku isuku.

Mu rwego rw'ubukangurambaga kuri gahunda yo kurangwa n'umuco w'isuku, buri gitondo cya buri wa kabiri hakorwa isuku binyuze muri gahunda imaze…

Read more →

Hizihijwe umuganura w’Abana ku Ngoro y'Umurage w'Amateka y'Imibereho y'Abanyarwanda.

Mu murenge wa Ngoma mu Karere ka Huye hizihijwe Umuganura w’abana, ubera ku Ngoro y'Umurage w'Amateka y'Imibereho y'Abanyarwanda. Ni igikorwa…

Read more →

Gira wigire: Ibihumbi 100 by'inguzanyo byabereye imbarutso umuryango utandukana n'ubukene.

Ntazinda Emmanuel wo mu murenge wa Huye arishimira iterambere amaze kugeraho, abikesha inguzanyo y’amafaranga y’u Rwanda ibihumbi 100; bityoa akaba…

Read more →

Habaye inteko rusange y’Inama y’Igihugu y’Abagore hasinywa imihigo.

Mu murenge wa Ngoma hateraniye inteko rusange ngarukamwaka y’Inama y’Igihugu y’Abagore, haganirwa ku byakomeza kwitabwa mu guteza imbere umugore wo mu…

Read more →

Rwaniro: Hakozwe ubukangurambaga kuri gahunda zitandukanye binyuze mu isiganwa ry’amagare.

Umurenge wa Rwaniro wateguye ubukangurambaga bwo gushishikariza abaturage kwitabira gahunda za Leta zitandukanye. Ubu bukangurambaga bwakozwe…

Read more →

Hatangiye amatora ya komite y’Ihuriro ry‘Abana.

Mu Karere ka Huye hatangiye amatora y’abagize ihuriro ry’abana kuri buri rwego. Aya matora akorwa hahereye ku rwego rw’Umudugudu kugeza ku rwego…

Read more →