Minisitiri w’ubuzima Dr Sabin Nsanzimana yakanguriye abantu kwirinda kunywa ibinyobwa butujuje ubuziranenge kuko bigira ingaruka mbi ku buzima bwa…
Mu rugendo rw’akazi rw’iminsi ibiri yagiriye mu Ntara y’Amajyepfo, Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda yasuye ibikorwa bitandukanye biri mu Karere cyane…
Nyamigabo Daniel wo mu Kagari ka Bukomeye mu Murenge wa Mukura mu Karere ka Huye, avuga ko inka yahawe muri gahunda ya ‘Girinka Munyarwanda’…
Umwaka w’amashuri 2025 – 2026 watangijwe neza mu mashuri yose y’Akarere ka Huye. Abanyeshuri n’abarezi basabwe kuzarangwa no gukorera ku ntego yo…
Mu rwego rw'ubukangurambaga kuri gahunda yo kurangwa n'umuco w'isuku, buri gitondo cya buri wa kabiri hakorwa isuku binyuze muri gahunda imaze…
Mu murenge wa Ngoma mu Karere ka Huye hizihijwe Umuganura w’abana, ubera ku Ngoro y'Umurage w'Amateka y'Imibereho y'Abanyarwanda. Ni igikorwa…
Ntazinda Emmanuel wo mu murenge wa Huye arishimira iterambere amaze kugeraho, abikesha inguzanyo y’amafaranga y’u Rwanda ibihumbi 100; bityoa akaba…
Mu murenge wa Ngoma hateraniye inteko rusange ngarukamwaka y’Inama y’Igihugu y’Abagore, haganirwa ku byakomeza kwitabwa mu guteza imbere umugore wo mu…
Umurenge wa Rwaniro wateguye ubukangurambaga bwo gushishikariza abaturage kwitabira gahunda za Leta zitandukanye. Ubu bukangurambaga bwakozwe…
Mu Karere ka Huye hatangiye amatora y’abagize ihuriro ry’abana kuri buri rwego. Aya matora akorwa hahereye ku rwego rw’Umudugudu kugeza ku rwego…