Minisitiri w’ubuzima Dr Sabin Nsanzimana yakanguriye abantu kwirinda kunywa ibinyobwa butujuje ubuziranenge kuko bigira ingaruka mbi ku buzima bwa…
Inama mpuzabikorwa y’Akarere yateranye hagamijwe ku ngingo zitandukanye zigamije gukomeza guteza imbere Akarere, inzego zose zibigizemo uruhare. Muri…
Muri gahunda y’ibikorwa by‘Itorero, mu Karere ka Huye hateguwe Itorero ry’Inkomezabigwi, hahurizwa hamwe abanyeshuri bose barangije amashuri yisumbuye…
Bamwe mu bitabiriye inama y’inteko rusange y’abafatanyabikorwa mu iterambere ry’akarere ka Huye (JADF), bagaragaje ko guhuza imbaraga, gusangira…
Mu mirenge y’Akarere ka Huye hizihijwe umunsi wahariwe imbonezamikurire y’abana bato (ECD Day) kuri iyi nsanganyamatsiko: “Imikorere inoze y’ingo…
Abikorera bo mu Karere ka Huye bakoze urugendoshuri n’umwiherero hagamijwe gukomeza kunoza ingamba z’imikorere, imitangire ya serivise no kugira…
Abarimu bo mu Karere ka Huye bashimiwe umuhate wabo, hashimirwa ab’intangarugero kandi basabwa gukomeza kongera imbaraga mu kuzamura ireme ry’uburezi.…
Mu gusoza ubukangurambaga bw’iminsi 16 yo kurwanya ihohotera, ababwitabiriye bibukijwe ko nta terambere ryashoboka mu gihe ingo zibanye mu…
Abanyamuryango ba Unity Club Intwararumuri basuye ndetse banifuriza Noheli Nziza n’Umwaka Mushya Muhire wa 2025 Ababyeyi b’Intwaza batujwe mu rugo…
Ibiganiro byimakaza Ndi Umunyarwanda mu rubyiruko rwo mu mashuri Makuru na Kaminuza byahawe abiga mu Iseminari Nkuru ya Nyakibanda, byitabirwa kandi…