Minisitiri w’ubuzima arakangurira Abanyarwanda kwirinda ibinyobwa bitujuje ubuziranenge.

Minisitiri w’ubuzima Dr Sabin Nsanzimana yakanguriye abantu kwirinda kunywa ibinyobwa butujuje ubuziranenge kuko bigira ingaruka mbi ku buzima bwa…

Read more →

Hakinwe irushanwa ngarukamwa rya “Memorial Rutsindura 2023”.

Mu Karere ka Huye habereye irushanwa ngarukamwaka ry’umukino w’amaboko (Volleyball) ryakinwe mu rwego rwo kwibuka Rutsindura Alphonse, umwe mu bagize…

Read more →

Abafatanyabikorwa mu iterambere biyemeje kurushaho kwegera umuturage

Mu nama y’Ihuriro ry’abafatanyabikorwa mu iterambere (JADF), Umuyobozi w’iri huriro yasobanuye ku ruhre rufatika rw’umufatanyabikorwa n’icyo…

Read more →

Huye yakiriye umukino wa nyuma w’igikombe cy’amahoro, Rayons Sports itsinda APR.

Kuri stade Huye habereye umukino wa nyuma w’igikombe cy’amahoro 2023, Ikipe ya Rayon Sports yegukana icyo gikombe itsinze APR FC iyitsinze igitego…

Read more →

Itangazo

Ubuyobozi bw’Akarere ka Huye buramenyesha abakandida batanze ubusabe bwo gupiganira imyanya y’akazi inyuranye muri aka Karere, ko ibizamini bizakorwa…

Read more →

Hibutswe abana n’abagore bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi

Ku rwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rw’Umurenge wa Ngoma habereye igikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 29 Jenoside yakorewe Abatutsi,…

Read more →

Umuganda usoza Gicurasi witabiriwe n’Intumwa za rubanda hamwe na Minisitiri w’Ubuzima.

Umuganda rusange usoza ukwezi kwa Gicurasi 2023 wakozwe ku rwego rw’Imidugudu hashingiwe ku byateganijwe birimo kurwanya isuri, gukora imihanda…

Read more →

Urugaga rw’abikorera mu Ntara y’Amajyepfo rwibukiye muri Huye abishwe muri Jenoside.

Muri gahunda yo kwibuka ku nshuro ya 29 Jenoside yakorewe Abatutsi, Urugaga rw’abikorera (PSF) y’Intara y’Amajyepfo yateguye igikorwa cyo kwibuka…

Read more →

Urubyiruko rurakataje mu kwiteza imbere no guhangira urundi imirimo.

Binyuze mu kimoteri cy’imyanda cyubatswe n’Akarere mu cyanya cyahariwe inganda, urubyiruko rwabibonyemo amahirwe y’ishoramari, rutangira uburyo bwo…

Read more →

Hamwe na PRISM hagiye kwiyongera umubare w’aborozi bw’inkoko bizateze imbere imiryango.

Mu murenge wa Karama, akagali ka Kibingo hatangirijwe ku rwego rw’Akarere igikorwa cyo kwitura inkoko 500. Iki gikorwa kigamije guteza imbere…

Read more →