Minisitiri w’ubuzima Dr Sabin Nsanzimana yakanguriye abantu kwirinda kunywa ibinyobwa butujuje ubuziranenge kuko bigira ingaruka mbi ku buzima bwa…
Mu Karere ka Huye habereye irushanwa ngarukamwaka ry’umukino w’amaboko (Volleyball) ryakinwe mu rwego rwo kwibuka Rutsindura Alphonse, umwe mu bagize…
Mu nama y’Ihuriro ry’abafatanyabikorwa mu iterambere (JADF), Umuyobozi w’iri huriro yasobanuye ku ruhre rufatika rw’umufatanyabikorwa n’icyo…
Kuri stade Huye habereye umukino wa nyuma w’igikombe cy’amahoro 2023, Ikipe ya Rayon Sports yegukana icyo gikombe itsinze APR FC iyitsinze igitego…
Ubuyobozi bw’Akarere ka Huye buramenyesha abakandida batanze ubusabe bwo gupiganira imyanya y’akazi inyuranye muri aka Karere, ko ibizamini bizakorwa…
Ku rwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rw’Umurenge wa Ngoma habereye igikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 29 Jenoside yakorewe Abatutsi,…
Umuganda rusange usoza ukwezi kwa Gicurasi 2023 wakozwe ku rwego rw’Imidugudu hashingiwe ku byateganijwe birimo kurwanya isuri, gukora imihanda…
Muri gahunda yo kwibuka ku nshuro ya 29 Jenoside yakorewe Abatutsi, Urugaga rw’abikorera (PSF) y’Intara y’Amajyepfo yateguye igikorwa cyo kwibuka…
Binyuze mu kimoteri cy’imyanda cyubatswe n’Akarere mu cyanya cyahariwe inganda, urubyiruko rwabibonyemo amahirwe y’ishoramari, rutangira uburyo bwo…
Mu murenge wa Karama, akagali ka Kibingo hatangirijwe ku rwego rw’Akarere igikorwa cyo kwitura inkoko 500. Iki gikorwa kigamije guteza imbere…