Minisitiri w’ubuzima Dr Sabin Nsanzimana yakanguriye abantu kwirinda kunywa ibinyobwa butujuje ubuziranenge kuko bigira ingaruka mbi ku buzima bwa…
Abajyanama b’Akarere ka Huye n’abafatanyabikorwa mu iterambere bakomeje gahunda yo gusura imirenge hagamijwe kwegera abaturage, kuganira ku…
Ubukangurambaga bw’iminsi 16 yo kurwanya ihohotera rishingiye ku gitsina burakomeje mu Karere ka Huye. Ni muri urwo rwego Umuyobozi w’Akarere…
Mu mirenge yose y’Akarere ka Huye hatangijwe gahunda y’ubukangurambaga bw’iminsi 16 yo kurwanya ihohotera rishingiye ku gitsina. Ni igikorwa…
Ubuyobozi bw’Akarere ka Huye buvuga ko imyiteguro y’irushanwa ryiswe ‘Huye Half Marathon’ irimbanyije ku buryo abazaryitabira kuwa 30 Ugushyingo 2025…
Mu ishuri rya Groupe Scolaire Officiel de Butare riherereye mu murenge wa Ngoma hatangirijwe ku rwego rw'Akarere ibikorwa bya siporo n'umuco mu…
Mu Karere ka Huye hakiriwe itsinda ryaturutse mu Karere ka Burera k’Intara y’Amajyaruguru rije mu gikorwa cy’iminsi ibiri cyo kwigiranaho mu bijyanye…
Mu Karere ka Huye hizihirijwe Umunsi Mpuzamahanga w’Inkoni Yera ku rwego rw’Igihugu, aho abafite ubumuga bwo kutabona barenga 300 bahawe inkoni…
Perezida w’Inama Njyanama y’Akarere Dr Kagwesage Anne Marie yayoboye inama yahuje Biro y'Inama Njyanama y'Akarere na ba Perezida b'Inama Njyanama…
Abakinnyi ba filime bari mu bakomeye mu Rwanda bifatanyije n’abaturage bo mu Karere ka Huye mu muganda wo gutera ibiti 2280 mu Cyanya cy’Inganda cya…