Minisitiri w’ubuzima Dr Sabin Nsanzimana yakanguriye abantu kwirinda kunywa ibinyobwa butujuje ubuziranenge kuko bigira ingaruka mbi ku buzima bwa…
Mu bikorwa byo kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside Yakorewe Abatutsi mu murenge wa Huye hashyinguwe mu cyubahiro imibiri 5. Iki gikorwa cyitabiriwe…
Ababyeyi b’Intwaza bo mu rugo rw’Impinganzima ya Huye bibutse ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi. Iki gikorwa cyitabiriwe n’abahagarariye…
Mu murenge wa Karama habaye igikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi muri uyu murenge. Muri iki gikorwa hashyinguwe mu…
Perezida w'Umutwe w'Abadepite Gertrude Kazarwa n'abandi bayobozi mu nzego zitandukanye bifatanyije n’imiryango y'abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi…
Mu murenge wa Simbi habereye igikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside Yakorewe Abatutsi mu yari Komini Maraba (Ubu ni mu mirenge ya Simbi na…
Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi n'abayigizemo uruhare bibumbiye mu matsinda y'Ubumwe n'Ubudaheranwa mu Karere ka Huye, bagaragaza ko Inka…
Mu cyahoze ari Komini Kinyamakara mu murenge wa Kigoma habaye igikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside Yakorewe Abatutsi. Ni igikorwa cyakozwe…
Mu Karere ka Huye mu Murenge wa Tumba hatangijwe icyiciro cya kane cy'ibikorwa byo kubaka imihanda ya kaburimbo mu duce dutandukanye.
Ibikorwa…
Ku rwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Karama mu murenge wa Karama hatangirijwe ku rwego rw’Akarere icyumweru cy'icyunamo n'iminsi 100 yo…