Minisitiri w’ubuzima Dr Sabin Nsanzimana yakanguriye abantu kwirinda kunywa ibinyobwa butujuje ubuziranenge kuko bigira ingaruka mbi ku buzima bwa…
Mu Karere ka Huye hakiriwe Abadepite bari muri gahunda y’ingendo rusange z’abadepite mu turere hagamijwe gukurikirana gahunda n’ibikorwa bigamije…
Mu gikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu murenge wa Ngoma, Minisitiri w’uburezi Joseph Nsengimana yatanze ubutumwa…
Mu murenge wa Mukura hatashywe ku mugaragaro inyubako z’utugari tubiri zavuguruwe, mu rwego rwo gutangira serivise aheza. Abaturage bo muri Mukura…
Mu gikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside Yakorewe Abatutsi mu yahoze ari Komini Rusatirira hagaragajwe ko iyo haba abayobozi benshi bagira…
Mu Karere ka Huye, kimwe no mu tundi turere tw’Igihugu hakozwe umuganda rusange usoza ukwezi kwa Mata 2025. Uyu muganda wakorewe mu midugudu…
Mu gikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu murenge wa Ruhashya hatanzwe ubutumwa buhamagarira urubyiruko kugira…
Mu rwego rw'ubukangurambaga kuri gahunda yo kurangwa n'umuco w'isuku, buri gitondo cya buri wa kabiri hakorwa isuku binyuze muri gahunda imaze…
Mu murenge wa Mbazi habaye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside Yakorewe Abatutsi, ahatangiwemo ubutumwa buhamagaraira urubyiruko gukunda…
Mu murenge wa Rwaniro hibutswe ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi hanashyingurwa mu cyubahiro imibiri 20. Mu butumwa bwatanzwe hasabwe ko…