Minisitiri w’ubuzima Dr Sabin Nsanzimana yakanguriye abantu kwirinda kunywa ibinyobwa butujuje ubuziranenge kuko bigira ingaruka mbi ku buzima bwa…
Mu mpera z’icyumweru cya tariki 20 – 21 Gicurasi 2023, mu Karere ka Huye habereye imikino ya nyuma (Finals) yahuje ibigo by’amashuri byitwaye neza mu…
Ku rwibutso rwa Kabakobwa mu murenge wa Mukura kubera umuhango wo kwibuka ku nshuro ya 29 Jenoside yakorewe Abatutsi. Muri uyu muhango hanashyinguwe…
Kuwa 15 Gicurasi 2023, mu Karere ka Huye hatangijwe ukwezi kwahariwe imiryango hagamijwe kurushaho kubaka umuryango ushoboye kandi utekanye.
Uku…
Abaturage bo mu murenge wa Rwaniro bishimiye ingurube bahawe na PRISM ngo biteze imbere, kandi na bon go boroze bagenzi babo. Mu gikorwa cyo kwitura,…
Mu irushanwa Umurenge Kagame Cup ryakinwe ku rwego rw’Intara y’Amajyepfo, ikipe y’abakobwa b’Umurenge wa Kigoma ni wo wegukanye igikombe nyuma yo…
Ubuyobozi bw’Akarere bwifatanyije n’imiryango ifite ababo bari abakozi b’Amakomini yahujwe akaba Akarere ka Huye, bishwe muri Jenoside yakorewe…
Abanyamabanga nshingwabikorwa b’utugari two mu karere bishimiye moto bahawe, bavuga ko bagiye kurushaho kunoza serivisi batanga.
Guhabwa izi moto ni…
Umunyamabanga wa Leta muri Minisitieri y’Ubutegetsi bw’Igihugu yahamagariye ababyeyi kwirinda kwigisha abana babo ibitekerezo byuje ingengabitekerezo…
Ubwo yitabiraga igikorwa cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu murenge wa Kinazi, Minisitiri w’Uburenzi yavuze ko kwibuka ari inzira idufasha…