Minisitiri w’ubuzima arakangurira Abanyarwanda kwirinda ibinyobwa bitujuje ubuziranenge.

Minisitiri w’ubuzima Dr Sabin Nsanzimana yakanguriye abantu kwirinda kunywa ibinyobwa butujuje ubuziranenge kuko bigira ingaruka mbi ku buzima bwa…

Read more →

Kwizihiza umunsi w’Intwari byakorewe ku rwego rw’umudugudu.

Mu midugudu yose y’Akarere ka Huye, kimwe no mu gihugu hose hizihijwe umunsi ngarukamwaka wahariwe Intwari z’Igihugu. Ku rwego rw’Akarere wizihirijwe…

Read more →

Huye: Hateraniye inama y’uburezi yahuje amashuri Gatolika yo muri Diyosezi ya Butare.

Abayobozi b’ibigo by’amashuri yo muri Diyosezi Gatolika ya Butare basabwe gusigasira uburezi gatolika, kubukunda kandi bikagaragarira bose. Banasabwe…

Read more →

Hakozwe umuganda rusange usoza ukwezi hatangwa ubutumwa bwo gufata neza ibishanga.

Umuganda rusange usoza ukwezi kwa Mutarama 2025 wakorewe mu midugudu hakurikijwe ibikorwa byateganijwe. Nyuma y’umuganda hatanzwe ubutumwa burimo…

Read more →

Akomeje icyerekezo cyo kwikura mu bukene abinyujije mu bworozi bw’amatungo magufi.

Rwagasana Alexis wo mu murenge wa Karama arishimira intambwe y’iterambere ari kugeraho abikesha inguzanyo ya VUP, ayiguramo amatungo magufi. Agaragaza…

Read more →

Mukura: 80 bakoze ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi bahawe imbabazi.

Kuri Paruwasi Gatorika ya Rango"Don Bosco" mu murenge wa Mukura habereye igikorwa cyo kwakira abakoze icyaha cya Jenoside 80 bicujije ku bo bahemukiye…

Read more →

Hatangijwe amarushanwa y'imbyino gakondo mu mashuri makuru na Kaminuza.

Minisiteri y’Urubyiruko n’iterambere ry’Ubuhanzi yatangirije mu Karere ka Huye amarushanwa y'Imbyino gakondo mu mashuri makuru na Kaminuza kuri iyi…

Read more →

Mu mirenge yose hatangijwe urugerero rw'Inkomezabigwi icyiciro cya 12 mu Karere ka Huye.

Mu mirenge yose igizw Akarere hatangijwe urugerero rudaciye ingando rw'Inkomezabigwi icyiciro cya 12 aho ku rwego rw'Akarere ka Huye igikorwa…

Read more →

Hagaragajwe ibikenewe gukorwa mu kwita buzima bw’umwana n’umubyeyi.

Mu gutangiza icyumweru cyahariwe kwita ku buzima bw’umwana n’umubyeyi, hagaragajwe iby’ingenzi bikwiye kwitabwaho mu gusigasira ubuzima bw’umwana…

Read more →

Hakozwe ibiganiro bigamije gusesengura inzitizi zikigaragara mu mikoreshereze y’inkunga.

Hamwe na Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’inshingano mboneragihugu, mu Karere ka Huye hakozwe ibiganiro byateguwe bigamije kungurana ibitekerezo…

Read more →