Minisitiri w’ubuzima arakangurira Abanyarwanda kwirinda ibinyobwa bitujuje ubuziranenge.

Minisitiri w’ubuzima Dr Sabin Nsanzimana yakanguriye abantu kwirinda kunywa ibinyobwa butujuje ubuziranenge kuko bigira ingaruka mbi ku buzima bwa…

Read more →

GISHAMVU: Bishimiye isoko ry’imboga n’imbuto bubakiwe.

Nyuma y’uko abaturage bo mu murenge wa Gishamvu, Akagari ka Nyumba basabye ko bubakirwa isoko ry’imboga n’imbuto, bagaragaza ko bacururiza…

Read more →

RUHASHYA: Abanyarwanda bahamagariwe kwimakaza ubudaherwana.

Minisitiri w’umutekano mu gihugu yahamagariye Abanyarwanda kwimakaza umuco w’ubudaheranwa no gushyigikirana muri gahunda y’iterambere. Bikubiye mu…

Read more →

RWANIRO: Mu gikorwa cyo kwibuka hashyinguwe mu cyubahiro imibiri 10.

Mu kagali ka Mwendo ahubatswe urwibutso rw’Umurenge ni ho habereye igikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 29 Jenoside yakorewe Abatutsi muri uyu murenge,…

Read more →

KARAMA: Minisitiri BIZIMANA yashimye Leta y’Ubumwe yatanze umwanya wo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi.

Mu gikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 29 Jenoside yakorewe Abatutsi mu murenge wa Karama, Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’inshingano mboneragihugu…

Read more →

HUYE: Honorable Tito RUTAREMARA arahamagarira ababyeyi gutoza abato ibyiza.

Mu gikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 29 Jenoside yakorewe Abatutsi mu murenge wa Huye, Honorable Tito RUTAREMARA yahamagariye ababyeyi gutoza abana…

Read more →

Haganiriwe ku bufatanye hagati y’Akarere ka Huye n’umujyi wa Trier wo mu Budage

Mu rwego rw’imikoranire (Jumelage) hagati y’Akarere ka Huye n’umujyi wa Trier wo mu gihugu cy’Ubudage, hakozwe ibiganiro by’imbanzirizamushinga ku…

Read more →

GISHAMVU: Guverineri yasabye ko hamaganwa abagifite ingengabitekerezo ya Jenoside.

Mu gikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 29 Jenoside yakorewe Abatutsi mu murenge wa Gishamvu, Guverineri w’Intara y’Amajyepfo yahamagariye abitabiriye…

Read more →

SIMBI & MARABA: Hibutswe Abatutsi biswe muri Jenoside muri iyi mirenge.

Ku rwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Simbi hibutswe ku nshuro ya 29 Jenode yakorewe Abatutsi mu mirenge ya Simbi na Maraba, hanashyingurwa…

Read more →

Umugoroba w’imiryango: Inzira yo kuganiriramo ibibazo byugarije imiryango.

o ibibazo byugarije imiryango.

Buri cyumweru cya gatatu cy’ukwezi haterana umugoroba w’imiryango mu midugudu hakaganirwa kuri gahunda zinyuranye…

Read more →