Minisitiri w’ubuzima arakangurira Abanyarwanda kwirinda ibinyobwa bitujuje ubuziranenge.

Minisitiri w’ubuzima Dr Sabin Nsanzimana yakanguriye abantu kwirinda kunywa ibinyobwa butujuje ubuziranenge kuko bigira ingaruka mbi ku buzima bwa…

Read more →

Guverineri yifatanije n’abo mu murenge wa Ngoma mu gutangira icyumweru cy’icyunamo.

Muri gahunda yo gutangira icyumweru ngarukamwaka cy’icyunamo, aho u Rwanda rwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi, abayobozi barimo Guverineri w’Intara…

Read more →

Abahesha b’Inkiko batari ab’umwuga bongeye gukarishya ubumenyi mu kurangiza imanza

Nyuma y’uko u Rwanda ruri gukataza mu kwimika ikoranabuhanga mu mitangire ya serivise, abanyamabanga Nshingwabikorwa b’Imirenge n’ab’Utugari bahawe…

Read more →

Hafashijwe ba rwiyemezamirimo bato b’impunzi bafite imishinga ibyara inyungu.

Hagamijwe gushyigikira ba rwiyemezamirimo bato (SMEs) b’impunzi, ku bufatanye bw'Akarere ka Huye, GIZ na Dot Rwanda hakozwe amarushanwa y'imishinga…

Read more →

Hatangijwe igikorwa kiswe “ICYANYA CYUBUZIMA I HUYE”

Mu murenge wa Huye ni ho hatangirijwe mu Karere ka Huye gahunda yahawe izina ry’Icyanya cy’ubuzima, igamije kubyaza umusaruro ubutaka hanarwanywa…

Read more →

Njyanama y’Akarere yemeje ingengo y’imari ivuguruye inishimira igikombe cy’imihigo

Inama isanzwe y'inama Njyanama y'Akarere yateranye yiga gahunda zinyuranye z’iterambere, hanemezwa ingengo y’imari y’Akarere ivuguruye y’umwaka wa…

Read more →

Kwimika “Imigendere itangiza ikirere” byakozwemo ubukangurambaga mu mujyi wa Huye.

Mu mujyi wa Huye hakozwe ubukangurambaga bushishikariza abantu gukoresha imigendere itangiza ikirere (Non-Motorized Transport - NMT). Ababwitabiriye…

Read more →

Hatewe ibiti bisaga 3,000 mu kwizihiza umunsi wa “Commonwealth”.

Mu ishyamba rya Ruhande rizwi nka “Arboretum” hakorewe umuganda udasanzwe wo gutera ibi, mu rwego rwo kwizihiza umunsi w’Ibihugu bihuriye ku rurimi…

Read more →

Umunsi mpuzamahanga w’umugore wizihijwe hagaragazwa ubushobozi bw’abagore.

Imurikabikorwa rigaragaza ubushobozi abagore bamaze kugeraho mu kwiteza imbere ni ryo ryabimburiye ibirori byo kwizihiza umunsi mpuzamahanga w’umugire…

Read more →

Hamuritswe igikombe cy’imihigo, hahembwa imirenge n’utugari n’imidugudu byitwaye neza.

Kuri Stade mpuzamahanga ya Huye hamurikiwe igikombe Akarere kahawe mu kwesa ku mwanya wa kabiri imihigo ya 2021 – 2022, hanahembwa imirenge, utugari…

Read more →